in ,

Umugore Yavuze Uburyo Yatahuye Ko Umugabo We Ari Umutinganyi Nyuma Y’imyaka Itatu Babana

Umugore wo muri Nijeriya yavuze uburyo yamenye ko umugabo we ari umutinganyi nyuma yimyaka itatu bakoze ubukwe.

Umugore washengutse umutima yavuze uburyo yamenye imiterer y’umugabo we nyuma y’imyaka itatu bashakanye ndetse bafite n’abana babiri.

Uyu mudamu wiyise Zenith gusa, yahamagaye kuri televiziyo ya TVC,  muri iki gitondo cyo ku ya 1 Nzeri.

Yavuze ko yahuye n’umugabo we mu rusengero mu myaka mike ishize kandi ko yasanze ari umutinganyi (Gay) nyuma yimyaka itatu bashakanye.

Zenith yavuze ko yamenyesheje umugabo we  ko yabimenye maze umugabo amusezeranya ko azareka ibyo bikorwa. Yavuze ko basezeranye kuzashaka umu pasteur n’umujyanama kugira ngo bamufashe.

Umugore gutahura ko umugabo agikora igikorwa cy’ubutinganyi ndetse aza kumutera ubwoba ko azamugirira nabi niyongera kumubuza amahwemo.

Zenith yavuze ko byabyaranye kandi ko atazi icyo gukora; Niba azahukana cyangwa se niba azihanganira kubana n’umugabo we w’umutinganyi.

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyo abaturage basubijwe kw’izamuka ry’ibiciro bya Gas

Resultats ndetse n’amakuru yose agezweho muri NBA !