in

Ibyo abaturage basubijwe kw’izamuka ry’ibiciro bya Gas

Nyuma y’igihe kinini gas izamutse cyane aho usanga benshi mu baturage binubira izamuka ryayo ndetse benshi bayivuyeho basubira ku makara gusa igisubizo kiraza kuboneka mu gihe cya vuba .

Mu gihe abaguzi ba gaz bakomeje kwinubira izamuka ridasanzwe ry’ibiciro byayo, mu minsi mike ishize, Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente Edouard yabwiye Inteko Ishinga Amategeko ko bihaye iminsi 10 iki kibazo kikaba cyabonewe igisubizo.

[cue id=”97283″]

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Akoresheje amagambo atatse urukundo rwa Kibyeyi, Uncle Austin yifurije isabukuru nziza umwana we

Umugore Yavuze Uburyo Yatahuye Ko Umugabo We Ari Umutinganyi Nyuma Y’imyaka Itatu Babana