in

Umugore yaririye muri Bank ateza induru asaba gusubizwa amafaranga ye miliyoni 1,424,208.58 habura umuhoza

Umugore wo mu gihugu cya Nigeria yaririye muri bank ateza induru habura umuhoza ,nyuma yo gusanga ibihumbi 600 byama Nigeria ni ukuvuga miliyoni 1 n’ibihumbi 400 by’amanyarwanda ,yari yarabitse kuri Bank ye ntayakiriho.

Ntago mu mashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga byumvikana neza uko byagenze gusa uwasakaje amashusho avuga ko umugore yari yarabitse amafaranga muri bank hanyuma ya kwiyemeza kujya kuyakuraho ngo ayajyane agasanga ntayariho kandi mu byukuri ntayo yigeze afata.

Ngo uyu mugore akaba yariraga asaba bank kumusubiza amafaranga ye ,ngo kuko yanze kuyabika mu rugo ayarinda abajura .

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru atari meza, Myugariro w’inyingi yamwamba muri Reyon sport agomba kujya kubagwa urutugu

Amafoto: The Ben yagaragaye ateruye mwishywa we umaze ku munyekana nka Shemi