in

Umugore yaguye ku iseta arimo yibagisha ngo agire ubwiza bukurura abagabo

Akenshi abantu bakunze gushaka ubwiza ndetse bakanashyira ubuzima bwabo mu kaga kugira ngo bakunde babone uko bakurura abantu benshi biganjemo abagabo.

Umugore ukomoka muri Nigeria w’imyaka 28 uzwi ku izina rya Amelia Pound yapfuye mu buryo bubabaje ubwo yari arimo kwibagisha kugira ngo abe mwiza.

Uyu mugore wari wiyemeje kureba uko yagira ikibuno kinini n’ibindi bic by’umubiri bikurura abagabo,yapfiriye mu Buhindi ubwo yari ku iseta abagwa.

Bivugwa ko Amelia Pound yapfuye ubwo yari amaze kubagwa mu bitaro bitavuzwe amazina. Yapfuye mu gitondo cyo ku wa gatanu, tariki 7 Ukwakira.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Urukundo ruhebuje: inkumi yatunguye umusore imuha akayabo ko kugura imodoka

Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwateguye inama y’igitaraganya igiye kwigirwamo ingingo iteye ubwoba abacyeba