in

Umugore wa Meddy yafashe mu mugongo abagizweho ingaruka n’umutingito wahitanye abantu ibihumbi 5000

Mu gitondo cyo kuwa mbere tariki 6 Gashyantare 2023 nibwo mu gihugu cya Turikiya habaye umutingito wahitanye abagera ku bihumbi 5000 bari kubarurwa kugeza ubu ndetse n’ibindi bikorwa bitandukanye.

Umufasha w’umuhanzi  Meddy , Mimi abinyujije ku rubuga rwa instagram ,ahatangirwa ubutumwa bumara amasaha 24 , ,yanditse agira ati:”  Ibi birababaje cyane , ndasengera buri wese n’umiryango we , siniyumvisha  ibihe bitoroshye barigucamo”

Umufasha wa Meddy yabivuze yifashishije ifoto y’umubyeyi ateruye umwana we yasaga nkaho arokoye muri benshi bagwiriwe n’inzu bari baryamyemo ubwo umutingito wabaga.

Mimi yafashe mu mugongo abagizweho ingaruka n'umutingito
Mimi yafashe mu mugongo abagizweho ingaruka n’umutingito
Umugore wa Meddy yababajwe cyane n'umutingito wahitanye abarenga ibihumbi 5000
Umugore wa Meddy yababajwe cyane n’umutingito wahitanye abarenga ibihumbi 5000

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Paris Saint Germain yeretswe ko nta rutugu rukura ngo rusumbe ijosi!

Urutonde rw’abakinnyi batanu ba Rayon Sports bakomeje gutungwa agatoki ko bahamagawe na Mupenzi Eto’o abasaba kuzitsindisha ku mukino wa APR FC