in

Umugore wa Infantino n’uwa Perezida wa CAF basuye abanyamideri bo mu rwanda

Leena Al Ashqar, umugore wa Perezida wa FIFA Gianni Infantino, ari kumwe na Dr Precious Moloi-Motsepe, umugore wa Perezida wa CAF ari na we watangije ikigo ’African Fashion International’ bahuye n’abahanzi b’imideli bo mu Rwanda.

Ni igikorwa cyabaye ku wa Gatatu 15 Werurwe 2023, cyateguwe na Imbuto Foundation aho abafite inzu z’imideli zitandukanye mu Rwanda zirimo House of Tayo, KEZEM, Sonia Mugabo, Asantii, Haute Baso n’izindi beretse aba bashyitsi ibyo bakora na bo babaha inama.

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Lionel umugore we wundi yamwimye gatanya bituma we na Bijoux badasezerana ku murenge.

Umusore yakubiswe n’inkuba arikumwe na mushiki we