in

Umugeni arasaze yiruka mu muhanda ku munsi w’ubukwe bwe !

Amashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza umugore arira cyane nyuma yuko umugabo we yari amwanze ku munsi w’ubukwe, ubwo berekezaga ku rusengero gusezerana.

Ni amashusho yasakajwe ku rubuga rwa tiktok n’uwitwa Powdephc agaragaza umugore arira cyane ndetse yataye umutwe abandi barikumwiruka inyuma ,mu majwi byumvikana ko ngo umugabo yabenze uyu mugore ubwo berekezaga ku rusengero gusezerana nyuma y’indi mihango yari yabaye mbere.

Ntago higeze hatangazwa impamvu uyu mugabo yabenze umugore we ku munsi w’ubukwe bwabo ,banarikumwe agahita ahitamo ko ibyabo birangira batarangije ubukwe gusa icyagaragaye ni uko umugore yahise ata umutwe , ndetse ibi bikaba byabereye mu gihugu cya Nigeria.

Abandi bahise bagerageza ku mwirukaho baramufata kuko yari yataye umutwe
Abandi bahise bagerageza ku mwirukaho baramufata kuko yari yataye umutwe

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Dore uko amakipe akurikirana ku rutonde rwa shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda nyuma yo gukina imikino 12 ku makipe yose

Umukobwa wa Kajala yishongoye kuri Harmonize washatse kumusambanya