in

Umuganga yatawe muri yombi nyuma yo kwiha akabyizi ku murwayi

Umuganga mu Bwongereza yirukanywe ku kazi ke nyuma y’uko bimenyekanye ko yaryamanye n’umurwayi kugeza yitabye Imana kubera indwara y’umutima.

Umuganga yirukanwe ku kazi nyuma y’uko ubuyobozi bw’ibitaro bumenye ko yaryamanye n’umurwayi muri Parking ndetse umurwayi amaze kuremba ntiyahita ahamagara Imbangukiragutaba ngo ahabwe ubutabazi bwihuse bikamuviramo urupfu .

Uyu muganga yamaze hagati y’iminota 30 na 45 mu modoka ari kumwe n’umurwayi waje kwitaba Imana

Ubwo hakorwaga iperereza ku rupfu rw’uyu murwayi, uyu muganga Penelope williams yatanze amakuru atari ukuri kuri Polise ariko nyuma y’umwaka aza kuvumburwa ko yabeshye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ku ikubitiro Kiyovu sport yatangaje akayabo k’amafaranga isabwa kugira ngo yubake ikipe ikomeye

Bari gusezera ubusore n’ubukumi!  The Ben na Pamella bakomeje kugaragaza ko aribo couple yambare, arinako basezera ku busore n’ubukumi