in

Umugande waburiye mu masengesho i kibeho yabonetse ahita ajyanwa i ndera mu bitaro

Polisi y’u Rwanda yarangaje ko Umugandekazi Justine Owor, wari waraburiwe irengero mu masengesho I Kibeho mu Karere ka Nyaruguru, ku munsi wo kwizihiza ijyanwa mu ijuru rya Bikira Mariya, yabonetse ari muzima.

Uyu mugore yabonetse nyuma y’igihe kitari gito abuze arimo agendagenda mu mihanda ya kigali apimwe asanganwa uburwayi bwo mu mutwe hanyuma ahita ajyanwa mu bitaro i ndera by’abafite ikibazo cyo mu mutwe.

Abashinzwe ububanyi n’amahanga mu Rwanda baremeza ko bazakora ibishoboka byose kugira ngo bongere bamushyikirize umuryango we muri Uganda.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyarwenya nyaxo uri mu bakunzwe yatawe muri yombi

Umutoza w’amavubi yashimangiye ikipe afana hagati ya APR FC na Rayon Sports