in

Umugabo yatwitse inzu akeka ko umugore arimo kumuca inyuma abana be babigenderamo

Baca umugani mu Kinyarwanda ngo “Nyiri umujinya arijinya” umugabo arimo yiruka imisozi ahunga Police kubwo icyaha yakoze cyo gutwika inzu ye akoresheje ibisasu.

Nk’uko polisi ibitangaza, kuwa 29/2/08/2022 umugore w’ukekwaho icyaha cyo kuba rutswitsi Flora Kaari yavuze ko umugabo we John Maroo yatwitse inzu yabo kubera ko yakekaga ko yari aryamanye n’umuturanyi wabo.

Uyu mugabo yaje ahamagara umwana wabo w’umuhungu ngo akingure hanyuma akimara gukingura ahita afata ibisasu yari yakoze muri peteroli ahita atwika inzu.

Umugore mu guhugunga kugira ngo adashya, umugabo yashatse kumutera icyuma hanyuma umugore arakwepa aramusiga abura uko akimutera.

Muri iyi nkongi, umwana wabo w’umukobwa w’imyaka 22 ubu ari hagati yo gupfa no gukira kubera ibikomere yatewe n’inkongi y’umuriro.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hamenyekanye ingano y’amafaranga Bruce Melodie yambuye umuherwe ndetse n’igifungo ashobora gufungwa aramutse ahamwe n’icyo cyaha

Karabaye; Ibitaramo byose byajyanye Bruce Melodie mu Burundi byamaze guhagarikwa mu gihe ashobora no gufungwa