in

Umugabo yatunguye abantu nyuma yo kuvuga impamvu yabyaranye n’umukobwa we yibyariye

Nubwo yakoze amahano, ntago umugabo ukomoka mu gihugu cya Nigeria yananiwe kwihagararaho muri ayo mafuti ye hanyuma avuga icyamuteye kuryamana n’umukobwa we kugeza babyaranye.

Umugabo witwa Amaechi Aglais yateye inda umukobwa we witwa Queen mu gihugu cya Nigeria aho bimenyekaniye bahise babaca bombi mu muryango w’aba Nnobi.

Uyu mugabo yavuze ko Kandi impamvu yaryamanye n’umukobwa we ari ukugira ngo  uyu mukobwa we atazamusiga wenyine dore ko abagore n’abandi bana yabyaye bari baramutaye akaba atarifuzaga ko nuyu amuta ahita amugira umugore amutwara ubusugi.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bull Dog yavuze amagambo akomeye mu gikorwa cyo kwibuka Jay Polly

Bruce Melodie yaraye asusurukije Abarundi ivumbi riratumuka maze ikiniga kirabafata (Amafoto)