in

Umugabo yatawe muri yombi kubera ubugabo bukabije afite

Man cover his groin by hands. Men's health. Urology problems male. Natural light photo

Abantu benshi basigaye bifuza kugira ubugabo bunini kandi burebure akaba ariyo mpamvu haje n’imiti ifasha abagabo babyifuza, umugabo wo muri Zimbabwe yatawe muri yombi kubera ingano y’igitsina cye nyuma yo kuregwa mu rukiko n’uwahoze ari umukunzi we.

Uyu mugore witwa Silingile Mangena, yavuze ko imyanya ye y’ibanga yari yegeranye ari mito, mbere yuko ahura n’umukunzi we witwa Mugove Kurima, w’imyaka 37 y’amavuko.

Mangena yahaye ugomba kuzamuhagararira mu mategeko, impapuro zuzuyemo ibimenyetso, amubwira amusaba ko yasaba urukiko gutegeka umukunzi we kwishyura indishyi z’akababaro ku bwo kumwagiriza imyanya ye y’ibanga.

Uyu mugore yatangaje ko kandi agomba kuzajya kwivuza muri south Africa bakamubaga imyanya ye y’ibanga bakayisubiza ku murongo ikongera ikegerana.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Video: imodoka ya Ritco irahiye ihinduka umuyonga

Umusore yakorewe ibitangaje n’urusamagwe yari arimo yagaza