in

Umugabo yakatiwe gufungwa imyaka 310 muri gereza nyuma yo gukora ibyaha buri muntu yakora

Umugabo wahamwe n’icyaha cy’ubujura no gufata ku ngufu, yakatiwe igifungo cy’imyaka 310 muri gereza.

Ibi byabereye muri Kenya, aho urukiko rwa Eldoret rwakatiye, Humphrey Shilisia igihano cyo gufungwa imyaka 310 nyuma yo guhamwa n’ibyaha bitandukanye yakoze.

Uyu mugabo yahamwe n’ibyaha bine, harimo icyo kwiba nijoro akoresheje intwaro ndetse n’icyaha cyo gufata ku ngufu.

Uyu mugabo kandi yigeze gutoraka gereza ya Langas muri Eldoret.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ubukwe bwa Nzovu Zirimabagabo na Nyinawambogo bukomeje gusetsa abatari bake ku mbuga nkoranyambaga (VIDEWO)

APR FC ibayoboye itaranakina: Dore uko urutonde rwa shampiyona ruhagaze ku munsi wa 24