in

Umugabo yaguye mu kantu nyuma y’uko umugeni we azanye n’umugabo we

Umugore mu gihugu cya Nigeria yavugishije abantu benshi nyuma y’uko akoshonnye umugabo wamuteretega ndetse bagapanga ubukwe bukuzura kugeza umunsi wabwo ugeze we akazana n’umugabo we ndetse n’umwana.

Amakuru avuga ko uyu mugabo yahoze akundana n’uwo mugore akaza kugenda ariko agasiga asezeranije uwo mugore ko ariwe bazashyingiranwa gusa ariko nyuma y’imyaka 10, uwo mugore yaje gukundana n’undi mugabo hanyuma baranashakana barabyarana.

Nyuma umugabo yaragarutse yongera kujya avugisha uwo mugore ariko badahura bahita bapanga ubukwe, ku munsi nyirizina w’ibirori, umugore yaje ari kumwe n’umugabo we ndetse na wamwana babyaranye.

Abari aho bose bahise bakubitwa n’inkuba kubera amahano uwo mugore akoze.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Indirimbo n’abahanzi 10 bategerejwe mu mpeshyi turi kwinjiramo.

Amakuru atari meza ku muzamu Kwizera Olivier