Mbabazi Shadia wamenyekanye nka shaddyboo akaba ari mu bakobwa bafite izina rikomeye , ndetse n’abakunzi benshi mu Rwanda kubera ibikorwa bitandukanye bituma benshi bamwisangaho.
Kuri uyu munsi shaddyboo yasangije abakunzi ba kuri Twitter inkuru y’umugabo wasabye ko bamugira inama kubera imiterere ye ikomeje kumutera ipfunwe.
Buri wese yahawe umwanya wo kuba yagira inama uyu mugabo kuri siporo yakora kugirango arebeko yagaragara neza imbere y’umugore we.