in

Umugabo yafashe Umugore we aryamanye na pastor ahita akora igikorwa kidasanzwe

Mu gitondo cyo ku wa kane mu gihugu cya Ghana nibwo umugabo yafashe umugore we ari kumuca inyuma na Pastor.

Umugabo yari yagiye ku kazi ahagana nka saa kenda zo mu rukerera, agomba gutaha saa kumi nebyiri z’umugoroba.

Mu ijoro ryabanjirije iki gitondo, umugore we yari yamubwiye ko nibucya umudamu w’inshutiye aribuze ku musura, umugabo amubwira ko ntakibazo.

Umugabo akijya ku kazi, mu rugo rwe hahise hinjira umugabo usanzwe ari Pastor, ubwo we n’uwo mugore baba batangiye ibyabo.

Gusa ku bwamahirwe make yabo, umugabo yageze aho akorera ahura n’impamvu ituma agaruka. Yaragarutse ahagera saa kumi nimwe za mu gitondo.

Birumvikana yaraje asanga wa mu pastor aryamanye n’umugore we, mu buriri bwe (mu buriri bw’umugabo n’umugore).

Gusa igitangaje uyu mugabo nta muntu n’umwe yahoze ho, ahubwo yafashe telefone arabafotora nawe abifotoreza ho, arangije akwirakwiza y’amafoto ku bandi bagabo bose bafite abagore basengera mu rusengero rwuwo mu Pastor ati “murebe isengejo rikuru rikurikira andi amasengesho”.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Nayiguriye amata” Umushoferi wari utwaye ya modoka yaraye ihiye, yavuze ukuntu byagenze ngo ishye n’ukuntu yatabaye abari bayirimo bose (VIDEWO)

Imiterere ye ntabwo isanzwe: Hagaragaye umugore ufite inda iteye nk’ikubuno neza(video)