in

Umugabo yaciwe amaguru ,igitsina n’intoki azira gukora imibonanpo mpuzabitsina

Worried black man complaining alone in a park

Umugabo  wo muri New York yashyize ikiyobyabwenge cya cocaine mu gitsina cye kugiranga arambishe guhaguruka kw’igitsina cye aribyo bita erection. biza kurangira ahuye n’akaga gakomeye. Muri Amerika abagabo benshi cyane bakoresha ubu buryo bwo gushyira cocaine mu gitsina kugirango baze gushimisha abafasha babo ku rwego rwo hejuru.

Uyu mugabo yagize ubushake bwinshi ndetse na nyuma yo gutera akabariro ,ubushake bwarakomeje buriyongera bimara igihe kitari gito. Ikibabaje ariko ubu bushake bwamaze iminsi 3 kandi aribwa bidasanzwe. uyu mugabo yabonye ko bitoroshye maze yigira inama yo kwerekeza iyo kwa muganga.

Nyuma ari kwa muganga bamaze kumucyemurira ikibazo cye, yaje kugira ikibazo kuko amaraso ye yavuze ( blood clot). Amaraso yavuze yari mu bice ndangagitsina, mu maboko, mu maguru, mu mugongo ndetse no mu gituza.

Nyuma y’iminsi 12 mu bitaro, akaguru ke ndetse n’intoki katangiye kubora. Abaganga baje gufata icyemezo cyo kumuca amaguru yombi, intoki ndetse n’igitsina bakuraho.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umugeni ari mu marira nyuma yo kurongorwa n’umugabo ufite abana

Rwatubyaye Abdul nyuma yo gusinya muri Rayon Sports yahise ahabwa icyindi cyiraka