in

Umugabo wambara imyenda y’abagore yatangaje impamvu isekeje yatumye ahitamo Kwambara gutyo (Amafoto)

Umugabo witwa Mark Bryan w’imyaka 63, akomeje kuvugisha abatari bake ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye kubera ukuntu asigaye yambara imyenda y’abagore.

Uyu mugabo yambara imyenda y’abagore mu buzima bwe bwose, aho adakozwa ibyo Kwambara imyenda y’abagabo.

Mark yambara imyenda y’abagore kuva ku wa mbere kugeza ku cyumweru, muri iyo myambaro harimo amajipo magufi, amakanzu maremare n’inkweto ndende z’abagore zizwi nka (Heels).

Uyu mugabo avuga ko impamvu ituma yambara iyi myenda y’abagore ko ari uko n’abagore bambara imyenda y’abagore kandi ntihagire icyo babavugaho.

Iyi myambaro ayijyana ahantu hose agiye, abe mu kazi arayijyana, abe mu birori niko agenda yambaye ndetse ayijyana no gusura abantu.

Amafoto:

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yolo The Queen yavuze ikintu gishengura abasore nyuma y’ibyo Miss Mutesi Jolly yatangaje ku bagabo

Myugariro w’ikipe ikomeye hano mu Rwanda yambitse impeta umukunzi we bari bamaze igihe bakundana (Videwo)