in

Umugabo ufite abagore 6 mu nzu imwe yiyemeje kubatera inda icyarimwe kubera impamvu imwe gusa – AMAFOTO

Umugobo witwa Arthur O Urso ukomoka muri Brazil, yafasha umwanzuro wo gutera inda abagore be 6 babana mu nzu imwe ngo kubera impamvu imwe gusa.

Arthur O Urso yavuze ko afite gahunda yo kubyarana n’aba bagore bose binyuze mu guhuza intanga ibinzwi mu ndimi z’amahanga nka ‘surrogacy’ kugira ngo hatazagira ugirira ishyari mugenzi we.

Uyu mugobo w’imyaka 37, yari yarashakanye n’abagore 9 icyarimwe, gusa 3 muri bo baza kumuta barigendera none ubu asigaranye 6.

Arthur O Urso yasezeranye n’abagore 9 gusa 3 baza kumuta

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Adil wishoye mu rubanza na APR FC ashobora kugarukwa akabura byose nk’ingata imennye

Bihinduye isura! FERWAFA igiye guha Rayon Sports andi mahirwe ya 3