in

Umugabo aramwonka kakahava na Saa sita ajya ataha akaza konka: Umugore udashyira uturaso ku mubiri kubera ko umugabo we amwonka(amashereka) ubutaruhuka yateye benshi mu bakoresha imbuga nkoranyambaga agahinda 

Umugabo aramwonka kakahava na Saa sita ajya ataha akaza konka: Umugore udashyira uturaso ku mubiri kubera ko umugabo we amwonka(amashereka) ubutaruhuka yateye benshi mu bakoresha imbuga nkoranyambaga agahinda

Ni kenshi bamwe mu bagabo cg abasore birarira bavuga ko bonka amabere y’inkumi cg y’abagore babo gusa nti bitindwaho kuko abenshi ntago bonka bashaka mo amashereka ahubwo babikora bishimisha.

Gusa mu buryo budasanzwe humvikanye umugabo wonka umugore we kuva abyaye kugeza yongeye agatwita dore ko ngo uwo mugore ari nk’aho abyara buri mwaka kugira ngo umugabo we abone icyo yonka nk’uko uwo baziranye abihamya.

Mu byumvikana biragoye kubyiyumvisha gusa niko kuri kuko umugore yarananutse cyane bigaragarira ijisho kubera konsa umuntu adafite ubushobozi bwo guhaza.

Umugore abyara buri gihe kugira ngo umugabo we atabura amashereka.

Ibi byatunguye bamwe ku byumva gusa bamwe baketse ko uyu mugabo yaba yarabitegetswe na sekibi kuko nta muntu muzima watinyuka gukora iki gikorwa kigiterasoni.

Reba bimwe mu bitekerezo by’ababonye ibi.

 

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru mashya kuri wa mugore ukurikiranweho kwica Akeza yari abareye mukase

‘Ubuse uyu ntago azi aho bagurira ibibuno? ‘ Umukobwa wari uri kwambikwa impeta yateje bamwe ururondogoro nyuma yo kureba inyuma he hadashyitse nk’ahabiyiminsi