in

Umubyeyi Tidjara Kabendera yagiriye inama Miss Uwicyeza Pamella ugiye gushyingiranwa na Mugisha Benjamin mu kwezi gutaha

Umubyeyi Tidjara Kabendera yagiriye inama Miss Uwicyeza Pamella ugiye gushyingiranwa na Mugisha Benjamin mu kwezi gutaha.

Mu kiganiro na MIE, Tidjara yagize inama agira umukobwa w’abanyaRwanda, Miss Uwicyeza Pamella.

Pamella witegura kurushinga yahawe inama na Tidjara Kabendera.

Mu magambo make, Tidjara yasubije ikibazo yabajije na Irene Murindahabi.

Mu kiganiro, Tidjara yavuze ko Pamella azi neza The Ben kumurusha kandi azi n’ibye yaba umujinya we n’ibindi ndetse banamaranye igihe rero kubera ibyo nta yindi nama yarenzaho.

Pamella na The Ben bazarushinga mu kwezi gutaha muri Convention Center.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Bahavu yatumye abakunzi be bacika ururondogoro nyuma yo kubereka icyatumye umugabo we amwihebera -AMAFOTO

Yikwije hejuru hasi wapi, umunyamideli ukubutse i Dubai yarangije amasomo y’uburezi muri Kaminuza y’u Rwanda [AMAFOTO]