in

Umubabaro ni wose ku mubyinnyi Titi Brown uri mu gihome

Agahinda ni kose ku mubyinnyi Ishimwe Thierry wamamaye nka Titi Brown aho afungiwe, ndetse akaba yagerageje kugenera ubutukawa abafana be bamukunda kandi bamuhoza ku mutima.

Yifashishije ikaramu n’urupapuro rw’ikaye, Titi Brown yanditse ibaruwa ndende yageneye umunyamakuru YAGO aho aba amushimira ndetse akanamusaba kumusuhuriza abafana be.

Muri iyo baruwa Titi Brown avuga ko ari gukora amasengesho kugira ngo arebe ko ahantu ari yahava vuba. Uyu mubyinnyi akaba afungiwe icyaha cyo gusambanya umwana utari wuzuza imyaka y’ubukure.

Titi Brown yatawe muri yombi mu mpera z’umwaka ushize wa 2021, aho yari akurikinweho icya cyo gusambanya umwana utari wuzuza imyaka y’ubukure ndetse akanamutera inda.

Ibaruwa ifunguye TITI yandikiye YAGO

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

#MissRwanda2022: Umukobwa umwe yasezeye mu irushanwa | Menya impamvu

Kylian Mbappe yagaragaje urukundo ku mukinnyi mugenzi we wamuvunnye