in

Umu-Producer wari ukomeye cyane mu gukora indirimbo zirenze mu Rwanda agiye kujya kwebera i Burayi

Producer wari ukomeye mu gutunganya imiziki y’abanyarwanda igezweho, Madebeats ari mu myiteguro yo kwimukira mu Bwongereza.

MadeBeat ari kwitegurannyuma yo kubona ibyangombwa bimwemerera kuhatura no kuhakorera.

Kuri ubu uyu mu-producer ari kwitegura kujya I Burayi nyuma yo kuva mu Burundi mu minsi yashize aho yari yarajyanye na Bruce Melodie wari ugiye gukorayo ibitaramo.

MadeBeat akaba ari umwe mu bafite umuziki nyarwanda mu biganza bye aho yagiye akora indirimbo zagiye zikundwa akaba yaramamaye akorana na Zizou Alpacino muri Monster Record.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rayvanny yatandukanye n’umwana w’umukunzi wa Harmonize bari bamaze igihe bakundana

Adil Mohamed yavuye ku izima atangaza ikintu abayobozi ba APR FC bagomba gukora kugirango ikipe ikomere muri Afurika