in

Rayvanny yatandukanye n’umwana w’umukunzi wa Harmonize bari bamaze igihe bakundana

Rayvanny yatangaje ko yamaze gutandukana na Paula Kajala bari bamaze igihe bari mu munyenga w’urukundo.

Ibi yabivuze ubwo yari mu gitaramo cyabereye ka Sumbawanga avuga ko yahaye umutima we amahoro agatandukana na Paula umwana wa Kajala Farida.

Avuga ko kugeza ubu nta mukunzi afite kandi agira inama abafana be yo kutaba imbata y’urukundo.

Ati:”Ntuzigere na rimwe wemera kuba imbata y’urukundo, narekeye aho kuremereza umutima wanjye muha amahoro ntandukana na Paula.”

Paula na Rayvanny batandukanye nyuma y’igihe bari muri rukundo, Paula akaba ari umwana wa Kajala Farida umukunzi wa Harmonize.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Video: Wa mukecuru wababajwe n’amavubi, yacinye akadiho ubwo AS Kigali yari imaze gutsinda

Umu-Producer wari ukomeye cyane mu gukora indirimbo zirenze mu Rwanda agiye kujya kwebera i Burayi