in

Umu pasiteri ukomeye yandagaje bagenzi be mu ruhame abashinja ko bareba amashusho y’urukozasoni

Umuyobozi w’itorero yihanangirije abakozi b’itorero rye kuza kuyobora aba kristo  nyuma yo kwakira ibibazo bivuye ku bagore babo bavuga ko bareba amashusho y’urukoza soni azwi nka (porn) kandi bakabaca n’inyuma.

Reverend Ili Vunisuwai, Umushumba mukuru w’Itorero rya Metodiste rya Fiji, yavuze ko imyitwarire ya bamwe mu bakozi bitorero itari myiza igomba guhinduka ngo kuko yangiza isura yitorero.

Reverend Vunisuwai yabwiye abamwungirije  ko ibirego byo gushuka no kureba amashusho y’urukozasoni bidakwiye avuga ko bamutengushye cyane, ongeyeho ko bagakwiye kuba ari abintangarugero muri society.

Reverend Vunisuwai yavuze ko  uruhare runini rw’ibi bikorwa bibi ruterwa n’imbuga nkoranyambaga.

Yabwiye abakozi be ati: “Dufite inshingano nyinshi kandi tugomba no kubera abandi ikitegererezo kiza aho kubabera urugero rubi.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo yihaye kujya gusambanira mu rugo rw’abandi ahakura imbwa yiruka(video)

Amakuru mabi ku bakunzi ba Neymar ushobora kuba agiye gufungwa imyaka irenga 2 muri gereza