in

Umanika hagati wicaye wajya kukamanura bikagusaba ingazi! Jean Paul washatse kwemeza abantu agahohotera Miss Jolly, abo yashatse kwemeza bose bamwigaritse ku karubanda – (biravugwa ko RIB yamutumijeho kubera ibyo yavuze birimo ihohotera)

Umunyamakuru Jean Paul wahamagajwe na RIB bikekwa ko agiye kubazwa ibyerekeye amagambo yavuze kuri Miss Jolly, amagambo yuzuyemo isebanya n’ihohotera, abantu bamwigaritse. Jean Paul yashatse kwemeza abanyarwanda avugira Prince Kid gusa abikora mu buryo bubi ndetse burimo ihohotera ryinshi none abo yashatse kwemeza bamwigaritse kukarubanda. – ‘ni nyuma yuko biri kuvugwa ko RIB yamuhagaje kubera ibyo yavuze birimo ihohotera’. Umwe mu bakoresha Instagram yabajije bagenzi be ati “ese urabyumva ute kuba Jean Paul yahamagajwe na RIB kubera ibyo yavuze kuri Miss Jolly” -…. – dore ibyo abantu bamusubije.
Izindi nkuru…. Reba igitego kimwe rukumbi Apr Fc yatsinze Mukura ku munota wa 94′.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

I Kigali, abasore babiri bafatanye mu mashati ubundi baterana amangumi bapfa ibiceri bibiri by’ijana [200 Frw]

Umutoza wa APR FC yatangiye kwinwigiriza kandi FERWAFA ishobora kumukorera ibyo yita akarengane