in

Ukuri ku iyirukanwa rya Lorenzo ukora kuri RBA nyuma yo gusaba Minisitiri ngo amugurire icupa

Ku munsi wejo ku wa Kane, nibwo amakuru yiriwe acicikana ko nyuma yo gusaba Minisitiri ngo amugurire Lorenzo umunyamakuru wa RBA yahise yirukanwa ndetse bikavugwa ko bifitanye isano no kugurirwa icupa.

Amakuru dukesha Hirwa Redemptus mu kiganiro cye now now ni uko uyu mugabo atari umunyamakuru wa RBA wemewe ahubwo yari uwimenyereza umwuga w’itangazamakuru kuri RBA.

Ibi byashyize abantu mu gihirahiro ndetse n’umuyobozi wa RBA yamagana ibyo abantu biriwe bavuga yemeza ko abantu bakwiye kubanza kumenya amakuru neza mbere yo gutangaza ibihuha.

Abantu bibajije ukuntu Rolenzo yabanje kuba umunyamakuru hanyuma nyuma akajya kwimenyereza umwuga birabacanga ndetse bemeza ko bamwirukanye ariko badashaka gutangaza ukuri ku iyirukanwa rye.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ya mashusho y’indirimbo nshya ya Ariel Wayz yakoze akantu

KNC yongeye kwemeza abantu nyuma yo guhabwa urwamenyo