in

Ukuri kose ku byavuzwe ko Kwizera Olivier yarahiriye kuba umuyisilamu kugira ngo yibonere umugati (Videwo)

Mu minsi yashize nibwo Kwizera Olivier yagaragaye ari gusubiramo indahiro mu rurimi rw’icyarabu aho byahise bivugwa ko uyu musore yahise aba umuyoboke w’idini rya Islam.

Ababonye ayo mashusho bemezaga ko uyu musore yemeye kuba umuyisilamu kugira ngo yibonere umugati.

Amakuru dukesha RadioTv10 aremeza ko Kwizera Olivier atarahiriye kuba umuyisilamu ahubwo ko iriya yari indahiro imwinjiza mu ikipe iyoborwa n’abayisilamu.

Uwahaye amakuru RadioTv10 yagize ati: “Iriya ni indahiro imwinjiza mu ikipe nk’umukinnyi mushya w’iyi kipe isanzwe iyoborwa n’abayisilamu.”

Videwo

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Nasekaga bakuru banjye bafite imyaka 30 batarashaka none ngize 37 ntararongorwa” inkumi iri mu marira

“Murebe neza menya ari impunzi”Knc yikomye umurusiya waguzwe na Kiyovu sport