in

Uko yirukana abanyarwanda bawayawaya niko uri kuzana bagenzi babo bakanogereza! APR FC imaze gusinyisha umukinnyi wa kabiri ukinira ikipe y’igihugu Amavubi

Uko yirukana abanyarwanda bawayawaya niko uri kuzana bagenzi babo bakanogereza! APR FC imaze gusinyisha umukinnyi wa kabiri ukinira ikipe y’igihugu Amavubi.

APR FC yamaze guha amasezerano y’akazi umukinnyi Ndikumana Danny.

Danny yahawe amasezerano y’imyaka igera kuri ibiri ari muri iyi kipe iri kuyubaka mu buryo bwose bushoboka.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kombona mwese mungana! Kivumbi king bwambere yerekanye mama we ndetse amwifuriza n’isabukuru nziza y’amavuko

Musanze: Abaturage bashoreye umukobwa wari wakuye mo inda acigatiye intumbi y’uruhinja yari amaze kuvutsa ubuzima,  gusa icyatangaje benshi ni ubusobanuro yatanze ubwo yireguraga