in

Uko icyaka cyiba ucyorezo muri Kigali niko Polisi y’u Rwanda iri kumena inzoga i Nduba ubutitsa

Uko icyaka cyiba ucyorezo muri Kigali niko Polisi y’u Rwanda iri kumena inzoga ubutitsa.

Ku munsi w’ejo hashize nibwo inzego z’umutekano zamennye inzoga zitujuje ubuziranenge.

Izamenwe ni Umutuzo, Impamba na Isangano zakorwaga nta buziranenge.

Hamenwe amakarito 3,550 afite agaciro ka Miliyoni 42.6.

Izo nzoga zagiye zifatirwa ahantu hagiye hatandukanye mu mukwabu wa Polisi y’u Rwanda aho wakorewe Kimironko, Kinyinya na Ndera mu karere ka Gasabo.

Izo nzoga zamenwe mu kimoteri cya Nduba.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Wa mugore we nawe wa mukobwa we, umugabo cyangwa umusore ntazigira akwibagirwa niba uzi gukora ibi bintu 5

Amarozi, ruswa, betting mu mupira w’u Rwanda! Nyuma yo kubona ko RIB yataye muri yombi abakekwaho uburiganya mu gutoranya abaziga muri Academy ya Bayern München, Sam Karenzi yahururije abasigaye