in

Uko abatoza bo muri shampiyona y’u Rwanda bakurikirana mu guhembwa umushahara mwiza, uwa Rayon Sports ari ku mwanya watunguye benshi

Umutoza w’ikipe ya APR FC, Ben Moussa ayoboye abandi batoza mu guhembwa neza muri shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda.

Uyu mugabo ukomoka mu gihugu cya Tunisia ahembwa ibihumbi bitanu by’Amadolari buri kwezi, mu gihe ku mwaka amafaranga ahembwa ahwanye n’ibihumbi 60 by’Amadolari.

Umutoza wa kabiri ni Mashami Vincent wa Police FC uhemwa ibihumbi bine by’Amadolari buri kwezi, mu gihe Haringingo Francis Christian afata ibihumbi bitatu na maganatanu by’Amadolari buri kwezi.

Uru rutonde rw’imishahara y’abatoza muri shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda turukesha Radio&TV10 Rwanda.

Uko abatoza bakurikirana mu guhembwa neza muri shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

wambereye Rihanna, Umunyarwandakazi agiye kurongorwa na Chris Brown

RIB yasabye uwari umunyamabanga wa AS Kigali kwitanga kubera ubwambuzi