in

Ubwo byabaga 17 bahise berekwa umuryango! Umunsi wo gukubura wageze mu ikipe ya APR FC iri kuba nshya

Ubwo byabaga 17 bahise berekwa umuryango! Umunsi wo gukubura wageze mu ikipe ya APR FC iri kuba nshya

APR FC yatumije inama y’igitaraganya yitezweho ko hari abakinnyi barerekwa umuryango.

Kimihurura hagiye kuba inama isomerwamo imyanzuro y’abakinnyi bazakina CAF Champions League, Rwanda Premier League na Peace Cup 2023/2024.

Inama nk’iyi yaherukaga abagera kuri 17 ntibongeye kubarizwa muri iyi kipe.

Kuri ubu hari kwibazwa ni bangahe  bari busohoke kuri uyu munsi.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Rubanda bariha! Cardi B n’umugabo we bahaye umwana wabo impano y’ishakoshi ifite agaciro ka Miliyoni 20 (AMAFOTO) https://wp.me/p7ovfz-YK5

Yewe Intare ishaje irarisha! Umugore wa Meddy asigaye amujyana muri siporo ubundi akamusiga akaza nyuma ye undi yamaze kuruhuka (VIDEWO)