in

Ubwiza bw’umukunzi wa Ish Kevin bwavugishije abantu benshi(Amafoto)

Ish Kevin, umwe mu baraperi bakunzwe ndetse banakomeye babikesha indirimbo ze, biri kuvugwa ko ari mu rukundo n’umukobwa w’uburanga w’umwongerezakazi.

Olivia Morcom biri kuvugwa ko ari we mukunzi mushya wa Ish Kevin, akaba akunze kugaragara cyane mu bitaramo bitandukanye. Akunda kugaragara ari kumwe na Ish Kevin mu bihe bitandukanye.

Uyu mukobwa bivugwa ko akomoka mu gihugu cy’u Bwongereza ndetse akaba ari ho atuye, ariko rimwe na rimwe akunze kuza mu Rwanda ndetse benshi bahamya ko ahakunda cyane.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto: Primier league yahaye icyubahiro Eric Semuhungu

Nyuma y’intambara y’amagambo mu banyarwenya hamenyekanye ko kari agatwiko