in

Ubuzima bwe bwahise buhinduka: Ross Kana waririmbye muri ‘Fou De Toi’ yagaragaje uko asigaye ameze nyuma yo kwemeza abantu muri iyi ndirimbo yakunzwe cyane -AMAFOTO

Ubuzima bwe bwahise buhinduka: Ross Kana waririmbye muri ‘Fou De Toi’ yagaragaje uko asigaye ameze nyuma yo kwemeza abantu muri iyi ndirimbo yakunzwe cyane.

Umuhanzi w’umuhanga cyane Ross Kana wamenyekanye cyane ubwo yakoranaga indirimbo n’abahanzi bakomeye cyane hano mu Rwanda aribo Element na Bruce Melodie yifashishije imbuga nkoranyambaga ze uyu musore yasangije abakunzi be amafoto meza cyane agaragaza uburyo asigaye ameze muri iyi minsi.

Amafoto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Cyakora abahanzi barihangana: Phil Peter umukobwa yamukaragiyeho igice cye cy’inyuma maze ahita atangira guhitishamo abakunzi be ibintu bibiri -AMAFOTO

“Namenye agaciro k’intanga zange”: Rocky Kimomo yatangaje agaciro k’intanga ze yihenura kuri Kadaffi na Jamal Microjeni bari bamaze gukora ibintu yagaye