in

Ubuzima bwa Producer Junior Multisystem ntabwo bumeze neza muri iyi minsi

Ubuzima bwa Producer Junior Multisystem ntabwo bumeze neza nkuko byatangejwe n’umwe mu banyamakuru bakomeye b’imyidagaduro mu Rwanda, Nyarwaya Innocent wamamaye nka Yago.

Yago yavuze ibi binyuze ku rukuta rwa Twitter, aho yari ari gusubiza ubutumwa bw’umwe mu bakozwe ku mutima n’ibikorwa by’uyu mugabo wazamuye abahanzi benshi.

Uwitwa Gratien Official kuri Twitter yagize ati “Ariko tujye tunashimira umuntu akiriho, this man Producer Junior Multisystem deserves much respect”

Nuko Yago akibona ubwo butumwa yahise ajya munsi yandika ati “Mumusengere Cyanee ubuzima ntabwo bumeze neza!!

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakurukazi Clarisse Uwimana yakorewe ibirori by’amateka byo gusezera ku bukumi (amafoto)

Umukinnyi wa filime w’Umunyarwanda yagaragaye muri filime y’imirwano yakorewe mu misozi ya Hollywood (Videwo)