in

Ubuyobozi ntabwo bumushaka: Rutahizamu wafashije Rayon Sports kunyagira ikipe ikomeye cyane hano mu Rwanda agiye gusezererwa rugikubita

Ubuyobozi ntabwo bumushaka: Rutahizamu wafashije Rayon Sports kunyagira ikipe ikomeye cyane hano mu Rwanda agiye gusezererwa rugikubita.

Rutahizamu w’umunya Côte D’Ivoire witwa Gnamien Mohaye Yvan uherutse kuza muri Rayon Sports akaba yaranayifashije gutsinda ikipe ya Vision FC yo mu cyiciro cya kabiri hano mu Rwanda biravugwa ko uyu musore w’imyaka 20 y’amavuko ashobora kuva muri Murera adahawe amasezerano.

Gnamien Mohaye Yvan ntabwo yigize yishimirwa n’ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports aho binavugwa ko uyu musore afite imvune kandi akaba agifite ibiro byinshi bigoranye ko ashobora kugendera mu mujyo umwe n’abandi bakinnyi baguzwe n’iyi kipe.

Hari andi makuru avuga ko impamvu Yvan ashobora kudasinya ari uko ‘fitness’ ye iri hasi cyane bikaba byamusaba byibura sezo yose kugira ngo afate abandi bakinnyi ikindi kintu gishobora gutuma uyu musore asezererwa adasinyiye Murera ni rutahizamu Charles Baale ukomeje kwitwara neza cyane ubuyobozi bwa Rayon Sports bukaba bubona n’ubundi uyu rutahizamu azabafasha.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ntiyatuma hari umwegera! Miss Ishimwe Naomie yanze ko Miss Muheto Divine yegera umukunzi we ubwo bari muri Bk Arena (AMAFOTO)

Abanyeshuri bo muri Kaminuza ya Makerere bakoze imodoka y’amashanyarazi izajya itwara abagenzi mu buryo bwa rusange (AMAFOTO)