in

Birabe ibyuya! Umugore w’umutoza w’ikipe ikomeye cyane i Nyarugenge yakoze impanuka bituma umugabo atajya gutoza ikipe ye mu mukino wa shampiyona

Birabe ibyuya! Umugore w’umutoza w’ikipe ikomeye cyane i Nyarugenge yakoze impanuka bituma umugabo atajya gutoza ikipe ye mu mukino wa shampiyona.

Umutoza mukuru wa Police FC, Mashami Vincent ntabwo yatoje umukino w’umunsi wa mbere wa shampiyona baraye batsinzemo Sunrise FC.

Ejo Police FC yakinnye na Sunrise FC iyitsinda 2-0, wari umukino w’umunsi wa mbere wa shampiyona ya 2023-24.

Bisengimana Justin, umutoza wungirije ni we watoje uyu mukino.

Nyuma y’uyu mukino Binsengimana Jutsin yabwiye itangazamakuru ko impamvu umutoza mukuru adahari ari uko hari ibibazo byo mu muryango yagiye kwitaho.

Amakuru avuga ko ikibazo cyatumye adatoza uyu mukino ari uko umugore we yakoze impanuka akaba yari yagiye kumwitaho kwa muganga.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Atanze miss we! Igisonga cya mbere cya Miss Rwanda 2021, yambitswe impeta y’urukundo n’umusore bamaze iminsi mu munyenga w’urukundo (VIDEWO)

Ubuyobozi bwa APR FC busohoye itangazo ritunguranye kandi rigenewe buri mufana wese w’iyi kipe ugishidikanya ku musaruro bari gutanga muri iyi minsi