in

Ubutekamutwe mu gihugu cy’u Rwanda bukomeje gufata indi ntera! Mube maso kuko ibyabaye byo biteye ubwoba -Amafoto

Abantu batari bamenyekana bahurije hamwe urubyiruko rwa Rwamagana,Kayonza, Kirehe na Nyagatare barwaka amafaranga kugira ngo barurangire akazi, bamwe baza bitwaje matela n’ibikapu biteguye kugatangira, bahageze basanga ababahamagaye ni abatekamitwe.

Ku muntu wajyaga kwiyandikisha yatangaga ibihumbi 13 Frw bakamuha inyemezabwishyu iteyeho kashe irimo Tin number ikazengurukwa n’amagambo Vision Care Ltd- Kigali Rwanda.

Uretse aya mafaranga, nyuma bagiye babaka andi 7500 Frw abandi bakabaka 8500 Frw ngo y’ubwishingizi.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bagiranye ibihe byiza! Yemen Zelfani yagaragaje agahinda gakomeye ku rupfu rw’umutoza wa APR FC -Ifoto

Ntuzihutire kumubwira ko ababyeyi batamushaka! Dore ibintu 4 wakora niba wowe n’umukunzi wawe ababyeyi banze ko mubana