in

Bagiranye ibihe byiza! Yemen Zelfani yagaragaje agahinda gakomeye ku rupfu rw’umutoza wa APR FC -Ifoto

Nyuma y’uko umutoza wongerera imbaraga abakinnyi ba APR FC, Umunya-Tunisia Dr Adel Zrane yitabye Imana aguye iwe mu rugo.

Kugeza ubu nti haramenyekana impamvu yaba yahitanye uyu mutoza wahoze mu ikipe ya SIMBA SC.

Yapfiriye iwe mu rugo, kuri uyu wa Kabiri tariki 2 Mata 2024.

Umutoza wahoze atoza ikipe ya Rayon Sports Yemen Zelfani yagaragaje ko yifatanyije n’abakunzi b’uyu mutoza.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uko twafasha abandi gukurikiza ibyo Kristo yategetse

Ubutekamutwe mu gihugu cy’u Rwanda bukomeje gufata indi ntera! Mube maso kuko ibyabaye byo biteye ubwoba -Amafoto