in

Ubushyuhe kw’Isi bwabaye icyorezo kuva Juba kugera Rio de Janeiro

Uyu munsi tariki ya 18 Werurwe 2024 mu bice bitandukanye by’Isi hiriwe ubushyuhe budasanzwe aho mu Rwanda I Kigali ubushyuhe bwari bwageze ku kigero cya 28°C kuva u Rwanda rwabaho igipimo cy’ubushyuhe cyigeze Kubaho cyari 32°C hari muri Werurwe 2010.

uyu munsi mu gihugu cya Sudan y’epfo mu murwa mukuru Juba hiriwe ubushyuhe bugera kuri 48°C.

Mu gihugu cya Brezil mu mujyi wa
Rio de Janeiro ubushyuhe bwageze ku gipimo cya 62,3°C kuva mu 1943 ni ubwambere igipimo cy’ubushyuhe cyigeze kuri uru rugero muri iki gihugu.

Abaturage bo muri Brazil uyu munsi bamwe biriwe hafi y’uduce turimo ibiyaga bakunda kwita (plage) abandi bambaye ubusa .

Abaturage bo muri iki gihugu bavuga ko babangamiwe cyane nubu bushyuhe.

Ibi biri kuba mu gihe ku munsi wejo hashije tariki ya 17 Werurwe hari uduce twaguyemo imvura nyinshi ivanze n’imiyaga ibi abahanga ku mihindagurikire y’ikirere Bavuga ko biterwa n’iyanginzwa ry’ibidukikije.

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Leta y’u Rwanda yatangije umushinga wo kureba ko bajya bashyingirwa ku myaka 18

Mu Rwanda abantu bashyingirwa bamara igihe gito bakaka gatanya ngo bagabane imitungo, bashobora kutazongera kugabana imitungo ngo baringanize