in

Leta y’u Rwanda yatangije umushinga wo kureba ko bajya bashyingirwa ku myaka 18

Mu myaka yashize mu Rwanda itegeko nshinga ryavugaga ko umukobwa cyangwa umusore yemerewe gushyingirwa ari uko agejeje imyaka 21 y’amavuko.

Gusa kuri ubu Umushinga w’Itegeko rigenga abantu n’umuryango uteganya ko nubwo imyaka yo gushyingirwa ari 21, umuntu ufite imyaka 18 ashobora kuzajya yemererwa gushyingirwa abiherewe uburenganzira n’umwanditsi w’irangamimerere ku rwego rw’akarere mu gihe hari impamvu zumvikana.

Ubusanzwe Leta yemereraga abantu bafite imyaka 18 kuba bakora imibonano mpuzabitsina gusa ariko ntibashyingiranywe. Gusa kuri ubu umuntu ufite imyaka 18 akaba afite impamvu ifatika ituma ashaka gushyingirwa, azajya abihererwa uburenganzira ku rwego rwa karere gusa bikorwe mu ibanga.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

ITANGAZO KU NGENDO Z’ABANYESHURI BIGA BACUMBIKIRWA MU GIHE CYO GUSUBIRA MU BIRUHUKO IGIHEMBWE CYA 2 UMWAKA W’AMASHURI WA 2023/2024

Ubushyuhe kw’Isi bwabaye icyorezo kuva Juba kugera Rio de Janeiro