in

Mu Rwanda abantu bashyingirwa bamara igihe gito bakaka gatanya ngo bagabane imitungo, bashobora kutazongera kugabana imitungo ngo baringanize

Leta y’u Rwanda yatangiye kwiga ku mushinga w’itegeko riha umucamanza uburenganzira bwo kutagabanya imitungo abaka gatanya ngo baringanize.

Umushinga w’iri tegeko uvuga ko abantu bashakanye bakaba bataramara imyaka 5 babana, bashobora guhitamo uburyo bwo kugabana, ku buryo umwe adashaka kugabana imitungo ngo aringanize na mugenzi we , bizajya byemerwa. Ndetse iri tegeko riha uburenganzira abashakanye mu guhitamo uburyo bo ubwabo bagabana imutungo.

Iri tegeko ryatangiye kwigwaho nyuma yuko hagaragaye ingo nyinshi zibana nyuma yigihe gito cyane zikaka gatanya kandi kenshi bikagaragara ko hakurikiwe imitungo kubera impaka zivuka mu igabana.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ubushyuhe kw’Isi bwabaye icyorezo kuva Juba kugera Rio de Janeiro

Element yapakiye utwangushye yerekeza hanze y’u Rwanda -Amafoto