in

Ubushyuhe buzatwivugana: Mu minsi itatu ishize ubushye bwari bwivuganye abatuye Isi

Ubushyuhe buzatwivugana ndakurahiye! Mu minsi itatu ishize ubushye bwari bwivuganye abantu batuye Isi ya Rurema.

Abantu benshi ntibigeze babimenya gusa mu minsi itatu ishize Isi yugarijwe n’ubushyehe budasanzwe dore ko butigeze bubaho mu mateka y’Isi kubera ko impuzandengo yari ku kigero cya degree Celsius 17 nk’uko ABC News yabitangaje.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umuherwe Elon Musk wa Twitter akibona ukuntu urubuga rushya rwa Threads rutangiye kumutwara abafana yiyemeje kururimbura mu bwenge

Ibyo guhangana mu magambo bivuyeho ubu byageze mu nkiko: abaherwe 2 Elon Musk na Mark Zuckerberg batangiye intambara yeruye