in

Ubushakashatsi bwagaragaje ko abagabo aribo njajwa kurusha abagore

Ikigo gikora ubushakshatsi mu gihugu cy’Ubwongereza cya One Poll cyagaragaje ko abagabo bamara byibura iminota 76′ bavuga inkuru na bagenzi babo ,mu gihe abagore bamara iminota 52′ basubiramo inkuru na bagenzi babo buri munsi.

Ubu bushakashatsi bwagaragaje ko kenshi ingingo igarukwaho igihe abasore barimo bavuga inkuru ari irebana n’inzoga n’ubusinzi, inshuti za cyera mu mashuri ndetse n’abakobwa beza yaba mu kigo bigamo  ,ku kazi ndetse n’ahandi.

One Poll ivuga ko uretse ibyo, abasore nanone ingingo bamaraho umwanya munini ,baganira ari irebana n’inkundo ,abakoresha babo, umushara mu kazi ndetse n’irebana n’imibonano mpuzabitsina.

Ni mu gihe ngo abagore bamara igihe kinini bavuga kuri bagenzi babo ,cyane ku ngingo y’imibonano mpuzabitsina, ku ngano (kwiyongera kw’ibiro cg kugabanuka kw’ibiro),

Abakobwa ariko nanone umwanya wabo munini ngo baba bivugira ku byamamare bakunda, imyambarire y’abagenzi babo mu kazi cg ahandi ,ibirungo by’ubwiza ,abasore beza hanyuma bagakunda kuvuga no kumubano wabo naba nyirabukwe

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ubushakashatsi; Kugenda n’ibirenge byongera ubunini bw’igitsina

Adil Mohamed wabonye azishyurwa hashize igihe kinini amafaranga yifuza yemeye kuyagabanya ageza ku rugero APR FC yifuza