in

Ubushakashatsi; Kugenda n’ibirenge byongera ubunini bw’igitsina

Ubushakashatsi bwakozwe n’umugabo w’umunya Canada bwagaragaje ko ngo umugabo kugendesha ibirenge bitambaye inkweto  iminota 30 bishobora kumwongerera byibura Centimetero 2.54 (ku mwaka) by’ingano y’igitsina cye n’ubushobozi bwo gutuma arangiza atinze

Uyu mugabo w’umunya Canada bivugwa ko ubushakashatsi bwe bwa mbere yabukoreye mu gihugu cya Repebulika iharanira Demokarasi ya  Congo,mu myaka 2 yamaze avuga ko yasubiye iwabo ingano y’igitsina cye yariyongereye.

Muri 2014 ubwo yari asoje ubwo bushakashatsi abibwiye abandi ,batekereje ko uku kwiyongera kw’ingano y’igitsina bifitanye isano n’ubutaka kamere bwo muri Congo ,icyo gihe bafashe icyemezo cyo gukora ubushakashatsi bari ku butaka bwabo muri Canada nabwo biba uko.

Uyu mugabo akavuga ko ari iby’umugisha kuba abagabo bose bashobora kwiyongerera ingano y’igitsina n’ubushobozi mu gutera akabariro babikesheje kugendesha ibirenge bitambaye inkweto.

Source:ladunliadinews

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

USA itsinze umukeba wayo biyiha itike ya 1/8 mu gikombe cy’isi

Ubushakashatsi bwagaragaje ko abagabo aribo njajwa kurusha abagore