in

‘Ubuse uyu ntago azi aho bagurira ibibuno? ‘ Umukobwa wari uri kwambikwa impeta yateje bamwe ururondogoro nyuma yo kureba inyuma he hadashyitse nk’ahabiyiminsi

‘Ubuse uyu ntago azi aho bagurira ibibuno? ‘ Umukobwa wari uri kwambikwa impeta yateje bamwe ururondogoro nyuma yo kureba inyuma he hadashyitse nk’ahabiyiminsi

Mu gihe imiterere y’abakobwa ari yo ituma bavuga ko bateye neza kuri ubu uwudateye neza cyane cyane ku gice cy’inyuma ntago uwo aba atwika nkuko bamwe babivuga.

Ku mbuga nkoranyambaga bibasiye umusore wari upfukamye imbere y’umukobwa ari ku mwambika impeta ariko udafite ikibuno benshi bita ‘Nyash’.

Gusa si byagarukiye aho kuko bamwe mu bakoresha umbuga nkoranyambaga by’umwihariko ku rukuta rwa Twitter baje bariye karungu nyuma bavuga ko ikibuno atari cyo cyubaka urugo ahubwo ko urukundo arirwo byose, ngo kuko abo bafite ibibuno nti batinda no mu ngo kubera impamvu zigiye zitandukanye.

Reba ibyo bamwe mu babonye iyi foto bavuze ubwo hari uwabazaga ati ese uyu musore yagendeye ku ki.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
2 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Evelyne
Evelyne
1 year ago

Icyiza nuko yemeyekuba uwariwe, ntajyegushaka ibituma agaragara neza kd atarukuri, ubundi uyumutipe azinoguhitamo👍

Aline mukeshimana
Aline mukeshimana
1 year ago

Urukundo sumubiri nubundi wo urasaza rwontirusaza

Umugabo aramwonka kakahava na Saa sita ajya ataha akaza konka: Umugore udashyira uturaso ku mubiri kubera ko umugabo we amwonka(amashereka) ubutaruhuka yateye benshi mu bakoresha imbuga nkoranyambaga agahinda 

Abakinnyi bitera ibibazo Koko! Manzi Thiery arimo gutakambira ikipe ikomeje hano mu Rwanda kugirango imusinyishe