in

Uburyohe bwa ruhago muri Africa! Igikombe cy’Isi cya 2030 kizakirwa na kimwe mu bihugu by’ Africa

Igikombe cy’Isi cya 2030 kizabera mu bihugu bitandatu byo ku migabane itatu itandukanye:

Uruguay

Argentina

Paraguay

Maroc

Espagne

Portugal

Ibihugu byose bizacyakira bizahita bikatisha itike yo kugikina.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Killa Man yahawe ifaranga na Televisiyo ikomeye hano mu Rwanda ayegurira ibihangano bye

Yago Pon Dat yashyize ibikoresho bye by’itangazamakuru ku isoko aho bivugwa ko arisezeye agiye kuba umuhanzi utavangiye