in

Uburyo 5 ukwiye kugerageza gukoramo imibonano mpuzabitsina

Akenshi abantu bakundana cyangwa bashakanye usanga uburyo bakoramo imibonano mpuzabitsina ari bumwe ,ku buryo rimwe na rimwe birambira umwe muri abo bantu 2 baba bakundana .

Aha rero hari uburyo 5 ushobora kugerageza gukoramo imibonano mpuzabitsina byibura rimwe mu buzima bwawe:

1. Muri Hotel

gerageza byibura rimwe mu buzima ufate umukunzi wawe mushake hotel nziza mwizeye mugende mukoreremo imibonano mpuzabitsina ,bitewe no kuba haba hari umwuka mwiza  ndetse ibitanda byaho bikaba biba ari byiza ntakabuza muzaryoherwa kurushaho n’igikorwa murimo.

2. Igihe umukobwa ari mu mihango

Niba umukunzi wawe ari mu mihango gerageza byibura rimwe ngo muzakore imibonano mpuzabitsina ayirimo ,ngo ntakabuza uzaryoherwa

3. Mwasinze

Ku bantu banywa inzoga burya ngo kunywa inzoga warangiza ugakora imibonano mpuzabitsina biba byiza bitewe ahanini no kuba mwembi mubasha kwirekura mukaba mwakora ibintu mutatinyuka gukora mutankweye inzoga.

4. Mu bwogero

Ngo byibura rimwe ugomba kugerageza gukorera imibonano mpuzabitsina mu bwogero kuko bitanga ibyishimo gusa ngo mukirinda kuburyo mutanyerera ngo muvunike.

5. Imibonano mpuzabitsina yo kwiyunga

Bavuga ko igihe mumaze gutondana n’umukunzi wawe ,cya gihe mushaka kwiyunga mugakora imibonano mpuzabitsina biryo kurushaho.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Sergio Ramos yahawe imbabazi n’uwo yari yarasagariye!

Umugabo yakoze ibintu bitangaje bitatinyukwa n’uwo ariwe wese ubwo yageragezaga gucika gereza