in ,

Uburanga bw’umukobwa ugiye gukora ubukwe na myugariro wa APR FC buravugisha abantu menshi (amafoto)

asjkallaa-horz

Umukinnyi ukina hagat yugarira muri APR FC   no mu ikipe y’igihugu y’AMAVUBI,Imran Nshimiyimana agiye gutera ikirenge  cyo kubakana na Assna urugo afite imyaka 22 (Nk’uko urubuga rwa WIKIPEDIA rubitangaza”.

Imran na Assna bamaranye igihe mu rukundo none igihe kirageze ngo babyereke rubanda,ndetse ku italiki ya 26/11 uyu mwaka ubukwe bwabo bombi buzataha,Amakuru  YEGOB.RW  ikesha inshuti ya hafi ya Imran na Assna ahamya ko urukundo rwa rwabo ngo rubarutira byose ndetse ngo ashingiye ku buryo azi bamaranye igihe arahamya ko igihe kigeze ngo babe umwe  byemezwe imbere y’Imana n’abantu.

ati” Njyewe mbazi kuva kera bakundana ndetse ku babyibuka urukundo rwabo rwagaragariye buri wese ubwo Imran  yagiraga isabukuru muri 2015,njyewe ntabeshye mbona igihe ari iki ngo bibere umwe kuko bakundana by’ukuri ”

Uburanga bwa Assna butera abakunzi  benshi b’iyi couple kwemeza ko baberanye ndetse ngo uyu mukobwa yaramuremewe kuko asa na bicye  mbese  Imran yaritomboreye .

 

Irebere amafoto agaragaza Imran na Assna mu bihe by’urukundo bitandukanye

ajakaala

asjkallaa
trwa
rwuaaa
ajakaamn
aalaa
abana
abnamaa
mkkjoo
tuioaa-ma-am
banakalal
ajkalal
urtanmama

Imran na Assna tubifurije urugo ruhire

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore video y’umukunzi wa Kwizera Olivier arimo abyinira twerk mu buriri (video)

Amagambo Miss Balbine yabwiye umukunzi yateye benshi kwifuza gukundwa