in

YEGOKOYEGOKO

Ubukwe bw’umukinnyi Djihad Bizimana bwasubitswe ku munota wanyuma

Dalda Simbi na Djihad Bizimana basezeranye imbere y’idini ya Islam (Kufunga Ndoa) bizwi nka “Nikkah” mu rurimi rw’Icyarabu.

Indi mihango yose y’ubukwe yari iteganyijwe kuzabera mu Rwanda, aho uyu mukinnyi ukina mu kibuga hagati yagombaga kuza mu Rwanda azanye umugeni akamwereka inshuti n’abavandimwe.

Ubu bukwe bwari buteganyijwe tariki ya 27 na 29 Ukuboza 2021, bamaze gusohora itangazo ribusubika.

Bagize bati “Bitewe n’ibihe bitunguranye, ubukwe bwa Dalda na Djihad bwagombaga kuba tariki ya 27 na 29 Ukuboza bwimiriwe ku yandi matariki. Dusabye imbabazi ku ngorane ibi bishobora guteza, twizeye ko tuzishimana mu bukwe bwacu mu minsi iri imbere.”

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

M Irene yatunguye abahanzi Niyo Bosco, Dorcas&Vestine abaha ibikombe bihenze cyane(Video)

Biteye agahinda:Yishe umukunzi we nyuma yo gusanga avugana n’umu Ex we kuri telefoni.